Konti yo kubitsa no kubikuza igenewe ibigo by’ubucuruzi bito n’ibicirirtse ( Ishyura uko uyikoresheje) ni yo mahitamo meza agufasha gukurikirana ibikorwa by’ubucuruzi byawe uko uyikoresheje. Fata agatabo ka sheki, fata inguzanyo kandi ufate n’inyandiko ngarukakwezi zigaragaza imikoreshereze ya konti yawe.

Ibyiza byayo

Nta mafaranga ya serivisi yishyurwa buri kwezi asabwa

Nta mafaranga ya serivisi yishyurwa buri kwezi asabwa.

Nta mubare ntarengwa w’amafaranga macye asigara kuri kuri konti usabwa

Nta mubare ntarengwa w’amafaranga macye asigara kuri kuri konti usabwa.

Hasabwa amafaranga y’ibikorwa bikorerwa kuri konti macye cyangwa andi mafaranga angana na yo mu mafaranga y’amanyamahanga

Hasabwa amafaranga y’ibikorwa bikorerwa kuri konti macye cyangwa andi mafaranga angana na yo mu mafaranga y’amanyamahanga.

Abakiriya b’ibigo by’ubucuruzi bafite uburenganzira bwo guhabwa abayobozi bashinzwe imikoranire n’abakiriya

Abakiriya b’ibigo by’ubucuruzi bafite uburenganzira bwo guhabwa abayobozi bashinzwe imikoranire n’abakiriya.

Ibisabwa*

  • Icyemezo cy’iyandikwa rya sosiyete gitangwa na RDB harimo na fotokopi y’umuyamigabanea.
  • Icyemezo cy’Inama y’ubutegetsi n’ibaruwa yo gufunguza kontia.
  • Indangamuntu cyangwa pasiporo y’intumwa kuri kontia.
  • Amafoto magufi y’amabara y’intumwa kuri kontia.
  • Amafaranga asigara kuri konti mu gihe cyo kuyifungura -, 100.000 Frw, 100 USD, n’andi mafaranga y’amanyamahanga bingana.

Amafaranga ya serivisi asabwa*

  • Amafaranga asigara kuri konti mu gihe cyo kuyifungura -, 100.000 Frw, 100 USD, 100 EURO, 100 GBP, 10.000KES.
  • Amafaranga macye ntarengwa asigara kuri konti kugirango ibashe gukoreshwa 0.
  • Amafaranga yo gucunga konti 5.000 Frw, 10 USD, 5 EURO, 5 GPS, 1.000 KES.
  • Nta mafaranga ya serivisi yishyurwa buri kwezi.
  • Agatabo ka sheki 5.000 frw (impapuro 24) 9.000 Frw (impapuro 48) Agatabo ka sheki gatangwa ako kanya (Gatangwa mu masaha 24)11.000 frw (impapuro 24)/16.000 Frw (impapuro 48).

Ndashaka kumenya ibijyanye na Konti yo kubitsa no kubikuza igenewe ibigo bito n’ibiciriritse ( Ishyura uko uyikoresheje Mfite Ikibazo?

Nzanzwe ndi umukiriya

You might also be interested in: