Inguzanyo zisaba ingwate

Inguzanyo ihabwa umuntu ku giti cye itangirwa ingwate

Ukorera umushahara kandi kandi ukaba ukeneye amafaranga? Fata inguzanyo ubasha kubona iguhesha amafaranga yoroshye kubona ku masezerano y’inguzanyo meza kandi ari nta ngwate utanze. Duhari kugirango tuguhe inguzanyo ishobora kugera kuri miliyoni 30.

Reba urubuga Inguzanyo ihabwa umuntu ku giti cye itangirwa ingwate

Ibihe byo kwishyura inguzanyo bishobora kumvikanwaho

Fata ibihe byo kwishyura inguzanyo bihuye n’ibyo ukeneye kugeza ku mezi 60 (imyaka 5).

Ushobora guhabwa amafaranga y’inguzanyo menshi

Ingano y’amafaranga y’inguzanyo uhabwa ishingira ku bushobozi bwawe bwo kwishyura.

Inguzanyo ihabwa bose

Inguzanyo zihabwa abantu ku giti cyabo zidatangirwa ingwate zihabwa abakozi bose baba abakorera umushahara cyangwa, abikorera cyangwa abari mu kiruhuko cy’izabukuru.

Inguzanyo ishingiye ku mutungo (ABF)- Inguzanyo yo kugura imodoka ihabwa umuntu ku giti cye

Urashaka gutunga imodoka ya mbere? Cyangwa se waba warabonye amapine mashya? Fata inguzanyo y’imodoka ikubereye ihabwa umuntu ku giti cye maze uhabwe igihe cyo kwishyura kikubereye cyo kugeza ku mezi 60. Icyo usabwa gusa ni ukuba ufite konti ikora muri BPR n’ibimenyetso bigaragaza ko ufite ingwate. Bityo, uzaba uri mu nzira yo gutunga imodoka wifuza.

Reba urubuga Inguzanyo ishingiye ku mutungo (ABF)- Inguzanyo yo kugura imodoka ihabwa umuntu ku giti cye

Igihe kirekire

Imara igihe kirekire: .Fata igihe kirekire cyo kwishyura kigeze ku mezi 60.

Nta mande

Kwishyura inguzanyo mbere biremewe ari nta bihano uciwe.

Umusanzu muke

Uruhare bwite rungana na 10% ku modoka nshya cyane zimaze umwaka zikozwe cyangwa 0% ku bakozi ba Leta. Bityo rero, ntabwo usabwa kuzigama cyane.

Ibiciro byiza cyane

Ibiciro byiza cyane.

Uburenganzira bwo guhitamo mu bacuruzi b’imodoka banyuranye

Uburenganzira bwo guhitamo mu bacuruzi b’imodoka banyuranye.

Inguzanyo y’ingoboka itangwa hagati mu kwezi

Urakora cyangwa uri mu kiruhuko cy’izabukuru kandi ukaba wifuza inguzanyo y’igihe kigufi igufasha gukemura ibibazo by’amafaranga cyangwa ibibazo byihutirwa? Byikurushya, inguzanyo y’ingoboka dutanga hagati mu kwezi izabigufashamo.

Reba urubuga Inguzanyo y’ingoboka itangwa hagati mu kwezi

Iratangwa

Ushobora guhabwa kugeza kuri 50% y’umushahara nyirizina.

Ibiciro byiza

Ibiciro byiza. Ni ukuvuga ko ari nta mafaranga yo gusuzuma dosiye, nta mafaranga ucibwa yo kwishyura mbere cyangwa amafaranga ya buri kwezi yo gucunga inguzanyo…. n’ibindi.

Kwishyura uhereye ku mushahara wawe utaha cyangwa nyuma y’ukwezi

Kwishyura uhereye ku mushahara wawe utaha cyangwa nyuma y’ukwezi.

Igihe cyo kwishyura wagenye ubwawe

Igihe cyo kuyishyura gishobora kumvikanwaho; ishobora kwishyurwa guhera ku kwezi kumwe kugeza kuri 12 bitewe n’ibyo uhisemo.

Nta ngwate isabwa kugirango uhabwe iyi nguzanyo

Nta ngwate isabwa kugirango uhabwe iyi nguzanyo.